Abicishije mu bihangano bye (mu bitabo 30 yanditse no mu ndirimbo 150 yasize), yakanguriye Abanyarwanda indangagaciro z’umuco nyarwanda.
Ikindi ntiyatinye gusaba ko amoko yakurwa mu ndangamuntu, ndetse ko ibitangazamakuru bibiba urwango nka RTLM byahagarikwa.
Ku wa 7 Mata 1994 abasirikare barindaga Umukuru w’Igihugu bamwicanye n’umugore we n’abana batandatu.